Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Ngoma: Bamwe mu bahinzi b’umuceri barataka igihombo gikabije
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Uburezi

Ngoma: Bamwe mu bahinzi b’umuceri barataka igihombo gikabije

igire
igire Yanditswe September 22, 2023
Share
SHARE

Abahinzi b’umuceri bo mu bishanga bya Sake, Mugesera, Zaza n’abandi bahegereye barifuza ko batunganyirizwa ibishanga kuko kuba bakorera mu bidatunganyije bibateza igihombo mu bihe by’imvura nyinshi, ariko na none amazi ntabashe gukwira mu mirima.

Abahinzi basaga 1200 bibumbiye muri koparative CORIMI, bamaze imyaka isaga 19 bakorera mu bishanga bikikije imirenge ya Sake, Zaza,Mugesera, Gashanda, Karembo na Jarama mu gice cy’Igisaka Mirenge mu karere ka Ngoma, bavuga ko gukorera mu bishanga bidatunganyije akenshi bibateza ibihombo.

Perezida wa koperative CORIMI Mutabazi Francois avuga ko iki kibazo cy’imyuzure n’ubukame bw’igishanga atari ikibazo abahinzi bakwishoboza, ko ahubwo hakenewe ubwunganizi.

Ubuyobozi bw’akarere ka Ngoma buvuga ko bwasabye ubufatanye n’inzego zibishinzwe ngo ibyo bishanga bitunganywe.

Nubwo abo bahinzi bakorera muri ibyo bibazo ariko, kuva mu mwaka wa 2008 babashije kwiyubakira uruganda rutunganya umuceri, ndetse uwo beza barawitunganyiriza ukagemurwa ku masoko. Uruganda rwabo rushobora gutunganya umuceri ungana na toni 25 ku munsi.

You Might Also Like

Maj Gen Vincent Nyakarundi yitabiriye Inama y’ingabo zirwanira ku butaka muri Afurika

CHORARE DE KIGALI : BARIMO GUTEGURA IGITARAMO CYAMATEKA.

Musanze: Ababyeyi bishimira ko abana babo basigaye bakorera ibizamini bya Leta hafi

Umuyobozi Mukuru wa REB Dr Mbarushimana yasabye abanyeshuri kwirinda gukopera

Abanyeshuri 202,999 batangiye ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza

igire September 22, 2023 September 22, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

VATICAN : Papa Leo XIV arasaba ko intambara zirangira
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?