Kuri iki Cyumweru tariki 26 Gashyantare 2023, ubwo hasozwaga isiganwa rya Tour du Rwanda ryari rimaze iminsi umunani ribera mu Rwanda, Perezida Kagame yitabiriye agace ka nyuma k’iri siganwa.

Perezida Kagame aha umwenda w’umuhondo Henok Mulueberhan wegukanye irushanwa
Ni isiganwa ryasojwe ryegukanywe n’Umunya-Eritrea Henok Mulueberhan, ari na we wegukanye agace ka nyuma kakinwe uyu munsi.
Ni ubwa kabiri Perezida Kagame yitabiriye Tour du Rwanda, aho n’umwaka ushize yitabiriye umunsi wo gusoza Tour du Rwanda 2022, yegukanywe nabwo n’umunya-Eritrea Natnael Tesfazion.
Sign Up For Daily Newsletter
Be keep up! Get the latest breaking news delivered straight to your inbox.
[mc4wp_form]
By signing up, you agree to our Terms of Use and acknowledge the data practices in our Privacy Policy. You may unsubscribe at any time.