Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: RDC: Guverinoma iraburizamo imyigaragambyo y’abatavuga rumwe na leta iteganyijwe kuri uyu wa gatatu
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

RDC: Guverinoma iraburizamo imyigaragambyo y’abatavuga rumwe na leta iteganyijwe kuri uyu wa gatatu

igire
igire Yanditswe December 27, 2023
Share
SHARE

Abakandida ku mwanya wa Perezida Théodore Ngoy, Jean-Claude Baende, Nkema Liloo, Martin Fayulu na Denis Mukwege bemeje imyigaragambyo y’ababashyigikiye igomba kuba kuri uyu wa gatatu tariki 27 Ukuboza basaba ko amatora yasubirwamo.

Ku ruhande rwayo, Guverinoma yabujije iyi myigaragambyo. Abateguye iki gikorwa bo bemeje ko biyemeje kuyikora.

Minisitiri w’umutekano mu gihugu cya Congo, Peter Kazadi, yagize icyo atangaza ku ngamba zikarishye zamaze gufatwa na leta zerekana ko iyi myigaragambyo ishobora no kutaba.

Mu gusubiza iri tangazo ry’abatavuga rumwe n’ubutegetsi, Minisitiri w’intebe wungirije ushinzwe umutekano mu gihugu, Peter Kazadi, yemeje ko “ingamba zose zigaragara kandi n’izitagaragara zafashwe ku rwego rwa polisi n’ingabo kugira ngo umutekano rusange ugumeho”.

Peter Kazadi yabigaragaje mu nama ya Guverinoma n’itangazamakuru ku bijyanye n’ibibazo rusange muri iki gihugu nyuma y’amatora yo ku ya 20 Ukuboza.

 

You Might Also Like

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS

Hatashywe Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa mbere mu Burayi bw’Amajyaruguru

Perezida Kagame yasuye ishuri ryigisha AI muri Algeriya

Perezida Kagame na Tebboune bikomye amahanga yivanga muri Politiki y’Afurika

Umugaba w’Ingabo za Misiri yasuye u Rwanda (AMAFOTO)

igire December 27, 2023 December 27, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

U Rwanda rurakira Inama Nyafurika yiga ku Ikoranabuhanga mu Buhinzi
ubuhinzi

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?