Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Abazunguzayi bahawe isoko ryo gucururizamo batikandagira (Amafoto)
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Ubukungu

Abazunguzayi bahawe isoko ryo gucururizamo batikandagira (Amafoto)

igire
igire Yanditswe May 22, 2024
Share
SHARE

Abasaga 350 biganjemo urubyiruko rwahoze ari abazunguzayi mu Mujyi wa Kamembe rwahawe aho gukorera muri Gare ya Rusizi ndetse rwamaze no kubakirwa isoko rito rugiye kuba rwifashisha.

Uru rubyiruko rwashimiye ubuyobozi bwarukuye ku muhanda kuko ngo  rwahahuriraga n’ibibazo bitandukanye nko gufungwa ndetse rimwe na rimwe rugahomba.

Hashize ukwezi aba bahoze ari abazunguzayi ku mihanda yo mu Mujyi wa Rusizi bahawe aho gukorera muri Gare ya Rusizi.

Abaganiriye na RBA batangaje ko aho bimuriwe hari umutekano ndetse n’abakiliya babagana batangiye kuboneka.

Umuyobozi w’Akarere ka Rusizi, Dr Kibiriga Anicet, yatanze icyizere ko hari gushakwa igisubizo kirambye cy’aho bazajya bakorera mu gihe kuri ubu bakiri gucururiza hasi n’ahantu ubuyobozi bwabubakiye ho kuba bifashisha by’agateganyo.

Abamaze kubarurwa ko bari abazunguzayi ubu bahawe aho gucururiza muri Gare ya Rusizi ni 369. Biganjemo urubyiruko rurimo abacuruza inkweto, imyenda n’ibiribwa bitandukanye.

AMAFOTO:

You Might Also Like

U Rwanda rwiteze inyungu kubera izamuka ry’ibiciro bya Wolfram

Kamonyi: Bashinja ‘Abahebyi’ kubangiriza imyaka yari kuri hegitari 20

Ibibazo by’inyamaswa zonera abaturage byikubye gatatu mu myaka itanu ishize

Abanyarwanda 15 barimo gukora imishinga minini bifashishije ubwenge buhangano

Barasaba ko umuhanda uhuza Ngororero na Rutsiro ukorwa

igire May 22, 2024 May 22, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?