Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Perezida Kagame yeretse abanyeshuri ba Kaminuza ya Havard amateka abanyarwanda banyuzemo
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Perezida Kagame yeretse abanyeshuri ba Kaminuza ya Havard amateka abanyarwanda banyuzemo

igire
igire Yanditswe May 16, 2025
Share
SHARE

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yahaye ikiganiro abanyeshuri ba Kaminuza ya Havard bari mu ruzinduko mu Rwanda, abasobanurira amateka akomeye abanyarwanda banyuzemo.

Ibiro by’Umukuri w’Igihugu byatangaje ko Perezida Kagame yabwiye abo banyeshuri ko abanyarwanda bahisemo guhangana n’ibibazo byabo mu buryo bwabo.

Umukuru w’Igihugu yababwiye ko bahisemo kwerekeza amaso ku bibakwiye kandi byingenzi ndetse ko ubu abanyarwanda bunze ubumwe.

Yagize ati: “Amateka akomeye Abanyarwanda banyuzemo, ntabemerera guteta cyane ko nta na byinshi bihari byatuma bateta, amahitamo yonyine bari bafite, yari ukongera kwisuganya bakiyubaka.”

Perezida Kagame yashimangiye ko abanyarwanda bafite uko bakemura ibibazo byabo cyane ko babikora bumva abo bari bo, abo bashaka kuba bo ndetse n’aho bashaka kujya.

AMAFOTO:Village Urugwiro 

You Might Also Like

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS

Hatashywe Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa mbere mu Burayi bw’Amajyaruguru

Perezida Kagame yasuye ishuri ryigisha AI muri Algeriya

Perezida Kagame na Tebboune bikomye amahanga yivanga muri Politiki y’Afurika

Umugaba w’Ingabo za Misiri yasuye u Rwanda (AMAFOTO)

igire May 16, 2025 May 16, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?