Mu nyubako ya Kigali Convention Centre (KCC) ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu habereye umuhango wo kwizihiza imyaka 20 y’ubufatanye hagati ya Oklahoma Christian University n’u Rwanda.
Mu myaka 20 ishize, ubu bufatanye bwagize uruhare rukomeye mu guteza imbere ubushobozi bw’Abanyarwanda binyuze muri gahunda z’uburezi, bifasha abanyeshuri barenga 700 kubona impamyabumenyi zemewe muri Amerika.
Perezida Paul Kagame yashimye ubufatanye bwaranze u Rwanda n’iyo kaminuza. Yabigarutseho mu mugoroba wo gusangira no kwishimira ibyaranze ubwo bufatanye.
AMAFOTO :



Sign Up For Daily Newsletter
Be keep up! Get the latest breaking news delivered straight to your inbox.
[mc4wp_form]
By signing up, you agree to our Terms of Use and acknowledge the data practices in our Privacy Policy. You may unsubscribe at any time.
