Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Amafoto: Abasirikare basaga 500 ba CAR bari bamaze igihe batozwa na RDF basoje amasomo
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Amafoto: Abasirikare basaga 500 ba CAR bari bamaze igihe batozwa na RDF basoje amasomo

igire
igire Yanditswe November 24, 2023
Share
SHARE

Kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 24 Ugushyingo, abasirikare barenga 500 ba Centrafrica (FACA) bari bamaze igihe batozwa n’Ingabo z’u Rwanda (RDF) barasoza amasomo ku mugaragaro.

Iki ni icyiciro cya mbere cy’abasirikare ba Centrafrica batojwe na RDF mu rwego rw’amasezerano hagati y’ibihugu byombi nk’uko tubikesha The New Times.

Perezida Faustin-Archange Touadéra wa Repubulika ya Centrafrica niwe mushyitsi mukuru muri ibi birori byabereye mu Kigo cya Gisirikare cya Kassai mu nkengero z’umurwa mukuru, Bangui.

You Might Also Like

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS

Hatashywe Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa mbere mu Burayi bw’Amajyaruguru

Perezida Kagame yasuye ishuri ryigisha AI muri Algeriya

Perezida Kagame na Tebboune bikomye amahanga yivanga muri Politiki y’Afurika

Umugaba w’Ingabo za Misiri yasuye u Rwanda (AMAFOTO)

igire November 24, 2023 November 24, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

U Rwanda rurakira Inama Nyafurika yiga ku Ikoranabuhanga mu Buhinzi
ubuhinzi

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?