RRA yakusanyije imisoro tiriyali 3,9 Frw igera ku rugero rwa 104%
Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro, (RRA) cyatangaje ko mu mwaka w’isoresha wa 2025/2026…
Muhanga: Bane bafungiwe gutema umuyobozi w’ikigo cy’ishuri
Abantu bane bamaze gutabwa muri yombi bakekwaho kugira uruhare mu gutema Umuyobozi…
U Rwanda na Isiraheli byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu iterambere
Guverinoma y’u Rwanda n’iya Isiraheli byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu iterambere binyuze mu…
EU izakomeza gutera inkunga ubutumwa bwa RDF i Cabo Delgado: Perezida Chapo
Perezida wa Mozambique, Daniel Chapo, yatangaje ko Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU)…
Kwibohora32: Minisitiri w’Intebe yashimye uruhare rwa Polisi n’Ingabo mu iterambere ry’abaturage
Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yashimangiye ko uruhare rwa Polisi y’Igihugu, Ingabo…
Ibiciro by’ifumbire n’imbuto byazamutse kubera intambara ya Iran, Israel na USA
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi MINAGRI yashyize hanze amabwiriza agenga ibiciro by’inyongeramusaruro birimo ifumbire…
Abanduye SIDA mu Rwanda bageze kuri 2,2%
Ubushakashatsi ku buzima n’imibereho y’abaturage mu Rwanda (RDHS) bwa 2025 bugaragaza ko…
Uburusiya bwagabye igitero gikomeye cya misile na ’drone’ i Kyiv
Ingabo z’Uburusiya zagabye igitero gikomeye cyifashishije ’drone’ na misile ku murwa mukuru…
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 30 Kamena 2026
Ku wa Kabiri, tariki ya 30 Kamena 2026, lnama y’Abaminisitiri yateraniye muri…
Abantu bagera ku 50,000 bakomeje kuburirwa irengero muri Venezuwela.
Mu gihe hashize icyumweru kimwe habaye imitingito ibiri ikomeye yibasiye Venezuela, ibikorwa…
