Ubukungu Stories

Kamonyi: Bashinja ‘Abahebyi’ kubangiriza imyaka yari kuri hegitari 20

Abatuye Akarere ka Kamonyi by’umwihariko mu Murenge wa Karama bahinga mu gishanga…

na igire

Ibibazo by’inyamaswa zonera abaturage byikubye gatatu mu myaka itanu ishize

Ikigo cy’Ingoboka ‘Special Guarantee Fund (SGF)’ cyatangaje ko ibibazo by’abaturage bonerwa n’inyamaswa…

na igire

Abanyarwanda 15 barimo gukora imishinga minini bifashishije ubwenge buhangano

Hari Abanyarwanda 15 barimo gukora imishinga minini bifashishije ubwenge buhangano, izatanga ibisubizo…

na igire

Barasaba ko umuhanda uhuza Ngororero na Rutsiro ukorwa

Bamwe mu baturage batuye mu mirenge ya Ngororero na Kageyo barasaba ubuyobozi…

na igire

Karongi: Ikibazo cy’ibiryo by’amatungo gituma bajya kubigura muzindi ntara

Aborozi b’inkoko n’ingurube mu Karere ka Karongi mu Murenge wa Murambi, bavuga…

na igire

Umujyi wa Kigali watanze inzu ku miryango 172 yatujwe mu Mudugudu wa Mpazi

Ubuyobozi bw'Umujyi wa Kigali, bwashyikirije imiryango 172 imfunguzo z'inzu 310 ku nzu…

na igire

Imenyerazamwuga niyo nkingi y’umurimo unoze

Minisiteri y'Uburezi yavuze ko irimo kunoza uburyo bw'imenyerezamwuga ku biga mu mashuri…

na igire

Ingengo y’imari ya 2025/2026 iziyongeraho miliyari 1 216,1Frw igere kuri miliyari 7 032,5 Frw

Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Yusuf Murangwa, yagaragaje ko ingengo y’imari y’umwaka wa 2025/2026…

na igire

Umusaruro w’inganda wazamutseho 5% muri Werurwe 2025

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyagaragaje ko umusaruro w’inganda wazamutseho 5.0%…

na igire

U Rwanda mu nzira yo gushyiraho ibigega bizigama ibikomoka kuri peretoli litiro miliyoni 334

U Rwanda rurateganya kugira ibigega byo kuzigama ibikomoka kuri peteroli bifite ubushobozi…

na igire