Kamonyi: Bashinja ‘Abahebyi’ kubangiriza imyaka yari kuri hegitari 20
Abatuye Akarere ka Kamonyi by’umwihariko mu Murenge wa Karama bahinga mu gishanga…
Ibibazo by’inyamaswa zonera abaturage byikubye gatatu mu myaka itanu ishize
Ikigo cy’Ingoboka ‘Special Guarantee Fund (SGF)’ cyatangaje ko ibibazo by’abaturage bonerwa n’inyamaswa…
Abanyarwanda 15 barimo gukora imishinga minini bifashishije ubwenge buhangano
Hari Abanyarwanda 15 barimo gukora imishinga minini bifashishije ubwenge buhangano, izatanga ibisubizo…
Barasaba ko umuhanda uhuza Ngororero na Rutsiro ukorwa
Bamwe mu baturage batuye mu mirenge ya Ngororero na Kageyo barasaba ubuyobozi…
Karongi: Ikibazo cy’ibiryo by’amatungo gituma bajya kubigura muzindi ntara
Aborozi b’inkoko n’ingurube mu Karere ka Karongi mu Murenge wa Murambi, bavuga…
Umujyi wa Kigali watanze inzu ku miryango 172 yatujwe mu Mudugudu wa Mpazi
Ubuyobozi bw'Umujyi wa Kigali, bwashyikirije imiryango 172 imfunguzo z'inzu 310 ku nzu…
Imenyerazamwuga niyo nkingi y’umurimo unoze
Minisiteri y'Uburezi yavuze ko irimo kunoza uburyo bw'imenyerezamwuga ku biga mu mashuri…
Ingengo y’imari ya 2025/2026 iziyongeraho miliyari 1 216,1Frw igere kuri miliyari 7 032,5 Frw
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Yusuf Murangwa, yagaragaje ko ingengo y’imari y’umwaka wa 2025/2026…
Umusaruro w’inganda wazamutseho 5% muri Werurwe 2025
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyagaragaje ko umusaruro w’inganda wazamutseho 5.0%…
U Rwanda mu nzira yo gushyiraho ibigega bizigama ibikomoka kuri peretoli litiro miliyoni 334
U Rwanda rurateganya kugira ibigega byo kuzigama ibikomoka kuri peteroli bifite ubushobozi…