Umusaruro w’abarimu ugaragarira mu mitsindire y’abanyeshuri
Kuri uyu wa Kane tariki ya Kuri uyu wa Kane tariki ya…
Muri UR-Huye hari abanyeshuri 34 batwite n’ababyaye
Théresie Nyirahabimana ushinzwe imibereho y’abanyeshuriri muri UR-Huye, avuga ko abanyeshuri azi bafite…
Rwamagana: Abarimu barishimira mudasobwa bahawe ko zigiye kuborohereza mu myigishirize yabo
Abarimu bigisha mu mashuri ya Leta y’bumenyi ngiro, Tekinike n’imyuga barishimira ko…
Abiga mu ishami ry’ubucuruzi muri Kaminuza ya UTB bari mu gihirahiro
Hari abanyeshuri bigaga mu ishami ry'ubucuruzi muri Kaminuza y'Ubukerarugendo n'Amahoteli, UTB bavuga…
Burera: Niyitegeka w’imyaka 41 yiyemeje gusubira mu mashuri yisumbuye aho ubu yigana n’umwana we
Niyitegeka Gildas w’imyaka 41 wo mu Karere ka Burera, yafashe icyemezo cyo gusubukura…
Rulindo: Ishuri ryibwe mudasobwa zisaga 30 ku nshuro ya kabiri
Mu karere ka Rulindo umurenge wa Ntarabana mu kagari ka Kiyanza kuri…
Ngoma: Bamwe mu bahinzi b’umuceri barataka igihombo gikabije
Abahinzi b’umuceri bo mu bishanga bya Sake, Mugesera, Zaza n’abandi bahegereye barifuza…
REB igiye gutangira uburyo bw’ikoranabuhanga buzafasha abarimu guhindura ibigo
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Uburezi bw'ibanze REB rwatangaje ko abarimu bifuza guhinduranya n’abifuza guhindura…
Kigali: Abarimu bari mu mahugurwa ya British Council bibasiwe n’inzara n’ibibazo by’imibereho idahwitse baratabaza.
Inkuru ya Sam Kabera Abarimu bari guhugurirwa mu kigo cya Kigali Christian…