ubuzima Stories

Abaturage basaga 1500 bagiye kuvurwa mu minsi 10 mu Bitaro bya Nemba

Ingabo z’u Rwanda na Polisi y’Igihugu byatangije ibikorwa bihuriweho byo kuvura abaturage…

na igire

Hari gukorwa iki mu kongera umubare w’ababyaza ukiri iyanga mu Rwanda?

Buri minota ibiri, ku Isi yose imibare yerekana ko umubyeyi umwe apfa…

na igire

U Rwanda rwahawe kuyobora Ihuriro ry’Ibigo bitunganya Amasoko ya Leta muri Afurika

U Rwanda rwahawe inshingano zo kuyobora Ihuriro rihuriweho n’Ibigo bishinzwe gutunganya Amasoko…

na igire

Hari abakoresha ubwishingizi burimo RAMA babangamiwe no kwandikirwa imiti farumasi ntiziyibahe

Hari abaturage bivuriza kuri mituweli na RAMA biganjemo abafite indwara zidakira, bavuga…

na igire

Kigali: Abatwara ibishingwe baravugwaho gutinda kubivana mu ngo

Mu bice bimwe by’i Kigali hari abaturage binubira kuba ibigo bitwara ibishingwe…

na igire

Burera: Abahoze ari abarembetsi bavuga ko inkunga bagenewe itabagezeho

Bamwe mu bahoze ari abarembetsi bo mu Karere ka Burera mu Mirenge…

na igire

Musanze: Inzoga yiswe ‘Nzogejo’ isoko y’umwanda

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Shingiro bavuga ko batewe impungenge…

na igire

NGOMA: Abafashamyumvire b’itorero Anglican ry’u Rwanda kubufatanye na Hope International basoje amahugurwa bari bamazemo imyaka itatu

Mugusoza urugendo rw’imyaka itatu, abafasha myumvire ya EAR Diyoseze Kibungo, bari bamaze…

na igire

Bamwe mu babyeyi ntibakozwa ibyo konsa abana kugira ngo amabere atagwa

Inzego zitandukanye zifite ubuzima  bw’umwana mu nshingano ziragaragaza ko konsa umwana uko…

na igire

Nyaruguru: Ababyeyi bahangayikishijwe n’inkuba zikubita ku mashuri

Hari ababyeyi bavuga ko batewe impungenge n’ubuzima bw’abana babo bari ku mashuri…

na igire