Abaturage basaga 1500 bagiye kuvurwa mu minsi 10 mu Bitaro bya Nemba
Ingabo z’u Rwanda na Polisi y’Igihugu byatangije ibikorwa bihuriweho byo kuvura abaturage…
Hari gukorwa iki mu kongera umubare w’ababyaza ukiri iyanga mu Rwanda?
Buri minota ibiri, ku Isi yose imibare yerekana ko umubyeyi umwe apfa…
U Rwanda rwahawe kuyobora Ihuriro ry’Ibigo bitunganya Amasoko ya Leta muri Afurika
U Rwanda rwahawe inshingano zo kuyobora Ihuriro rihuriweho n’Ibigo bishinzwe gutunganya Amasoko…
Hari abakoresha ubwishingizi burimo RAMA babangamiwe no kwandikirwa imiti farumasi ntiziyibahe
Hari abaturage bivuriza kuri mituweli na RAMA biganjemo abafite indwara zidakira, bavuga…
Kigali: Abatwara ibishingwe baravugwaho gutinda kubivana mu ngo
Mu bice bimwe by’i Kigali hari abaturage binubira kuba ibigo bitwara ibishingwe…
Burera: Abahoze ari abarembetsi bavuga ko inkunga bagenewe itabagezeho
Bamwe mu bahoze ari abarembetsi bo mu Karere ka Burera mu Mirenge…
Musanze: Inzoga yiswe ‘Nzogejo’ isoko y’umwanda
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Shingiro bavuga ko batewe impungenge…
NGOMA: Abafashamyumvire b’itorero Anglican ry’u Rwanda kubufatanye na Hope International basoje amahugurwa bari bamazemo imyaka itatu
Mugusoza urugendo rw’imyaka itatu, abafasha myumvire ya EAR Diyoseze Kibungo, bari bamaze…
Bamwe mu babyeyi ntibakozwa ibyo konsa abana kugira ngo amabere atagwa
Inzego zitandukanye zifite ubuzima bw’umwana mu nshingano ziragaragaza ko konsa umwana uko…
Nyaruguru: Ababyeyi bahangayikishijwe n’inkuba zikubita ku mashuri
Hari ababyeyi bavuga ko batewe impungenge n’ubuzima bw’abana babo bari ku mashuri…
