Ikigo cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB) cyatangaje ko imisanzu abanyamuryango biteganiriza kuzagira amasaziro meza izwi nka (EjoHeza),binyuze kuri konti zabo imaze kugera kuri miliyari 62 z’amafaranga…
Urubyiruko 150 rwo mu turere twa Kayonza, Rwamagana na Ngoma rugiye gushyirirwaho amasomo y’igihe gito mu buhinzi ajyanye no gukoresha imashini zihinga n’izuhira kandi igihe…
Mu Mudugudu wa Nyenyeri, Akagari ka Kibogora, Umurenge wa Kanjongo, Akarere ka Nyamasheke haravugwa abagabo 2 batawe muri yombi, barimo Niyonkuru Elisé w’imyaka 34 uvugwaho…
Abaturage bakoresha umuhanda unyura mu gishanga cya Kazabagarura uhuza Umurenge wa Huye n’uwa Mbazi yo mu Karere ka Huye, bavuga ko iteme rihuza iyi Mirenge…
U Rwanda ruri kurega u Bwongereza rusaba indishyi zishobora kurenga miliyoni 50 z’amapawundi (£50m), nyuma y’uko Minisitiri w’Intebe Sir Keir Starmer ahagaritse amasezerano y’abimukira yari…
Bamwe mu bahinzi b’imyumbati bo mu mirenge ya Kigoma na Muyira, mu karere ka Nyanza mu Ntara y’Amajyepfo, baravuga ko bahangayikishijwe n’igihombo baterwa n’imbuto y’imyumbati…
Urwego rw’Igihugu rw"iterambere (RDB) rwagabanyije ibiciro byo gusura ingagi mu gihe cy’umwaka wose wa 2026. Muri iri gabanya, Abanyarwanda n’abaturage b’ibihugu bigize umuryango wa Afurika…
Mu masaha ya mu gitondo kuri uyu wa Mbere tariki 05 Mutarama 2026, ku masoko ya Aziya, igiciro cya zahabu cyazamutseho hafi 1.8%, kigera hafi…
Urubyiruko rwiraye mu mihanda kuva mu masaha ya mu gitondo kuri uyu…
Ubwato bwa gisirikare bwa Amerika burimo kwerekaza mu burasirazuba bwo hagati, butwaye ibikoresho byo kubaka…
Umuraperikazi Cardi B uri mu bagezweho mu muziki w’iki gihe yatandukanye n’umugabo we Offset. Nyuma…
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yashimiye Sosiete y’itumanaho Airtel Rwanda n’iya MTN Rwanda…
Perezida uyoboye inteko iburanisha yatangiye avuga ko urubanza rurimo ibice bitatu ari byo aregwa gukoresha…
Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda igira inama abatwara ibinyabiziga kubahiriza amabwiriza atangwa n’Umupolisi uri mu kazi ndetse no kubaha ibyapa byo mu muhanda, mu rwego rwo gukumira icyahungabanya umutekano wo mu muhanda. Umuvugizi w’ishami rishinzwe umutekano…
I Kigali habereye inama yatangirijwemo gahunda yo gukomeza kongerera ubumenyi bw’abize amahoteli n’ubukerarugendo kugira ngo bazihangire imirimo cyangwa babe abakozi bo kwifuzwa ku isoko ry’umurimo…
TikTok yari iteganyijwe guhagarikwa muri Amerika muri Mutarama 2025 mu gihe kompanyi…
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yashimiye Ikipe y’Igihugu ya Senegal yegukanye Igikombe…
Nyuma y’igihe kirenga imyaka umunani atagera mu Rwanda, umuhanzi Kitoko Bibarwa, wakanyujijeho mu ruhando rwa muzika Nyarwanda, agiye kongera gutaramira mu Rwanda. Kitoko yageze mu…
Sign in to your account