Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Dr Kalinda François Xavier yagizwe Senateri
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Dr Kalinda François Xavier yagizwe Senateri

igire
igire Yanditswe January 6, 2023
Share
SHARE

Kuri uyu wa 6 Mutarama 2023, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yagize Dr Kalinda François Xavier Umusenateri muri Sena y’u Rwanda.

Dr François Xavier Kalinda wagizwe Senateri
Dr François Xavier Kalinda wagizwe Senateri

Itangazo ryanyuze kuri Twitter y’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe rigira riti “Nshingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 80, none ku wa 6 Mutarama 2023, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yagize Dr François Xavier Kalinda Senateri muri Sena y’u Rwanda”.

Senateri Dr Kalinda, agiye muri uwo mwanya nyuma yo kwegura k’uwari Perezida wa Sena, Dr Iyamuremye Augustin, ku ya 8 Ukuboza 2022, wavuze ko yeguye ku mpamvu z’uburwayi.

Uyu Musenateri kandi yari mu Banyarwanda icyenda baheruka gusoza manda yabo nk’Abadepite, bari bahagarariye u Rwanda mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EALA).

Dr François Xavier Kalinda, yavukiye mu Murenge wa Kitabi mu Karere ka Nyamagabe mu Ntara y’Amajyepfo.

You Might Also Like

Gushyira mu ikoranabuhanga inyandiko z’Inkiko Gacaca bizarangira mu 2026

RGB yahagaritse by’agateganyo amasengesho abera ku Ngoro ya Yezu Nyirimpuhwe

360 Mubari barafashwe bugwate na FDLR batangiye gutaha

Perezida Kagame yeretse abanyeshuri ba Kaminuza ya Havard amateka abanyarwanda banyuzemo

Gasabo: Hari ibigo by’amashuri bya leta biyishyuza amafaranga y’ibirarane ibigenera

igire January 6, 2023 January 6, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

BAL2025: APR BBC yabonye intsinzi ya kabiri
Imikino

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?