Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Goma: Ubwoba ni Bwose Nyuma y’Iturika ry’Imbunda Ryabereye Mu Marembo y’ Umujyi
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Goma: Ubwoba ni Bwose Nyuma y’Iturika ry’Imbunda Ryabereye Mu Marembo y’ Umujyi

igire
igire Yanditswe April 11, 2024
Share
SHARE

I Goma hatashye ubwoba budasanzwe nyuma y’iturika ry’imbunda ku marembo y’uwo Mujyi, uzwi nk’u murwa mu kuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ni ahagana isaha z’u mugoroba nibwo mu bice byerekeza ku isoko rizwi ku izina rya ‘Alanine,’ mu Mujyi wa Goma, abacuruzi baho bakwiye imishwaro nyuma y’uko bari bumvise ibiturika bya masasu, nk’uko amasoko ya MCN abivuga.

Ay’amakuru avuga ko amasasu yarasiwe hafi no ku marembo yo kwa Perezida, maze abacuruzi biruka bagana mu Mujyi rwagati.

Gusa iy’i nk’uru ikomeza ivuga ko ntakizwi kucyaba cyatumye ayo masasu araswa, ariko bigakekwa ko hoba habaye ukutumvikana hagati mu ngabo zikorera muri ibyo bice bigatuma haba ugusubiranamo.

Ki mwe ho mu bice byo muri teritware ya Masisi, hiriwe imirwano ikaze, hagati y’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa n’umutwe wa M23.

 

You Might Also Like

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS

Hatashywe Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa mbere mu Burayi bw’Amajyaruguru

Perezida Kagame yasuye ishuri ryigisha AI muri Algeriya

Perezida Kagame na Tebboune bikomye amahanga yivanga muri Politiki y’Afurika

Umugaba w’Ingabo za Misiri yasuye u Rwanda (AMAFOTO)

igire April 11, 2024 April 11, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?