Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Ingabo z’u Rwanda zahamirije abatuye Rubavu ko umutekano wabo udanangiye
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Politiki

Ingabo z’u Rwanda zahamirije abatuye Rubavu ko umutekano wabo udanangiye

igire
igire Yanditswe June 11, 2024
Share
SHARE

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda mu Turere twa Rubavu, Nyabihu na Ngororero bwahamirije abayobozi b’inzego z’ibanze bo mu Karere Ka Rubavu ko umutekano w’u Rwanda udanangiye, bityo nta muturage ukwiriye kugira impungenge kabone n’ubwo Rubavu ari Akarere kegereye igihugu kirimo umutekano muke.

Ubutayegayezwa bw’umutekano w’u Rwanda by’umwihariko abatuye Akarere ka Rubavu, bwemezwa n’abari mu bice by’Imirenge ihana imbibi na DRC.

Aba bahamya ko uretse no kuba ubwabo bawicungira, ariko banizeye inzego z’umutekano, nta nkomyi baryama bagasinzira.

Mu nama mpuzabikorwa y’Akarere ka Rubavu yahuje abayobozi b’Imidugudu, Utugari, Imirenge, Akarere n’inama y’umutekano itaguye, Umuyobozi wungirije wa Brigade ya 211 ikorera mu Turere twa Rubavu, Nyabihu na Ngororero, Lt Col Rurangwa Innocent, yahamirije abayitabiriye ko Rubavu itekanye bisesuye.

Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu, Mulindwa Prosper we yibukije ko umutekano ugerwaho ku bw’ubufatanye bw’inzego z’umutekano n’abaturage.

By’umwihariko abatuye mu Mirenge ikora ku mupaka yabasabye kudahuga no gutangira amakuru ku gih

Mu bindi byaganiriweho muri iyi nama mpuzabikorwa y‘Akarere ka Rubavu, hagaragajwe ibyagezweho muri iyi myaka 7 ya NST1 birimo imihanda, uruganda rutunganya amashanyarazi ruyakuye muri gaz metani Shema Power Lake Kivu, icyambu cyubatse ku nkengero z’Ikiyaga cya Kivu n’ibindi.

 

 

You Might Also Like

Hatashywe Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa mbere mu Burayi bw’Amajyaruguru

Perezida Kagame yasuye ishuri ryigisha AI muri Algeriya

Perezida Kagame na Tebboune bikomye amahanga yivanga muri Politiki y’Afurika

Umugaba w’Ingabo za Misiri yasuye u Rwanda (AMAFOTO)

Madamu Jeannette Kagame asanga ubufatanye hagati ya Leta n’abikorera ari ingenzi

igire June 11, 2024 June 11, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Jackson Mayanja yatandukanye na Sunrise FC yatozaga
Imikino

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?