Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Umujyi wa Kigali watanze inzu ku miryango 172 yatujwe mu Mudugudu wa Mpazi
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Ubukungu

Umujyi wa Kigali watanze inzu ku miryango 172 yatujwe mu Mudugudu wa Mpazi

igire
igire Yanditswe May 14, 2025
Share
SHARE

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali, bwashyikirije imiryango 172 imfunguzo z’inzu 310 ku nzu 688 zarangiye kubakwa mu Mudugudu wa Mpanzi mu Murenge wa Gitega.

Ibyishimo byari byose kuri Mukamana Fausta umwe mu mubatujwe mu nzu nshya 688 zuzujwe mu muri uwo Murenge wa Gitega.

Ni ibyishimo asangiye na benshi bari bamaze gushyikirizwa imfunguzo z’inzu zabo.

Ni inzu zubakwa aho abaturage bari basanzwe bahafite inzu,bityo Umujyi wa Kigali ukabakodeshereza aho baba batuye mu gihe bategereje kongera guhabwa inzu nshya bashingiye ku igenagaciro ry’imitungo yabo, noneho inzu zisigaye zigahabwa abandi batishoboye.

Umuvugizi w’Umujyi wa Kigali, Emma Claudine Ntirenganya avuga ko hari ibyashingiweho kugira ngo abatujwe murizo nzu zose hamwe 793 bahabwe ibyangombwa by’izo nzu.

Umujyi wa Kigali ngo urateganya gukomereza mu bibanza byegereye uyu mudugudu wa Mpazi mbere yuko bakomereza ahandi muri Nyagatovu.

Izo nzu 688 zatashywe uyu munsi zubatswe ku butaka bwari butuweho n’imiryango 111, ahandi ni ahari hatuye indi miryango 7 niho hubatswe agakiriro, ahandi hari hasanzwe hari imiryango 20 niho hubatshwe isoko ryaho naho indi miryango 34 yari munsi y’umuhanda ahaguye umukingo.

You Might Also Like

Imenyerazamwuga niyo nkingi y’umurimo unoze

Ingengo y’imari ya 2025/2026 iziyongeraho miliyari 1 216,1Frw igere kuri miliyari 7 032,5 Frw

Umusaruro w’inganda wazamutseho 5% muri Werurwe 2025

U Rwanda mu nzira yo gushyiraho ibigega bizigama ibikomoka kuri peretoli litiro miliyoni 334

U Rwanda na PSG byongereye amasezerano y’imikoranire kugeza mu 2028

igire May 14, 2025 May 14, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Abashoramari bo muri Hongiriya beretswe amahirwe ari mu Rwanda
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?