Igire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Reading: Bemba yibasiye Moise Katumbi amushinja ubu Mafiya
Share
Font ResizerAa
Igire-Amakuru agezwehoIgire-Amakuru agezweho
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Imikino
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Search
  • Ahabanza
  • Amakuru
    • Mu mahanga
    • Mu Rwanda
  • Imikino
    • Imyidagaduro
  • Politiki
  • ubuhinzi
  • Ubukerarugendo
  • Ubukungu
  • Ubuzima
Follow US
Mu Rwanda

Bemba yibasiye Moise Katumbi amushinja ubu Mafiya

igire
igire Yanditswe December 18, 2023
Share
SHARE

Ministre w’ingabo wa Congo Jean-Pierre Bemba ku munsi wa nyuma wo kwiyamamaza yibasiye umukandida ku mwanya wa perezida, Moïse Katumbi, mu kiganiro yatanze kuri radio Top Congo FM.

Bemba yise Katumbi umubeshyi ukomeye cyane. Ati: “Ndamuzi,ni umubeshyi. Arabeshya ahantu hose. Abeshya buri wese”. Ibi yabitangaje  ashingiye ku bintu bibiri: pasiporo y’amahanga byavuzwe ko Katumbi afite, ndetse n’inyerezwa ry’amafaranga.

Bemba ashinja Katumbi ko yasabye viza ya Amerika mu mwaka wa 2013 akoresheje pasiporo ya Zambia mu gihe yari afite ubwenegihugu bw’u Butaliyani. Ibi ngo byatumye yibaza ku isano Moise Katumbi afitanye na Congo, agira ati: “Uratekereza ko pasiporo y’Abanyekongo nta gaciro ifite mu maso yawe.” Yakomeje ati: “Ntabwo uri Umunyekongo haba mu bugingo, haba mu mwuka, cyangwa mu maraso. Ndaguhamagarira kwerekana niba unazi indirimbo yubahiriza igihugu,”

Bemba avuga ko adatinya Katumbi nubwo ashyigikiwe n’abatari bacye, yamwise umuntu ukoresha abantu mu nyungu ze.

 

You Might Also Like

XMLRPC Test Post

Perezida Kagame yakiriye ba ambasaderi 11 guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda

Виртуальный портал 1win зеркало online: наполненный каталог тайтлов с бонусными спинами

Rutsiro: Kutagira umuriro bituma abatuye Sure batiteza imbere uko bikwiye

Online Casino games

igire December 18, 2023 December 18, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Email Print
Share
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Abo turibo

Tubagezaho amakuru agezweho mu Rwanda, mu Karere kibiyagabigari,muri Afurika no hirya no hino kw'isi

Inkuru iheruka

Dr Ngirente yitabiriye inama ya 26 ya ECCAS
Politiki

Contact us

Tel:(+250) 788 433 581
Email:ochentheos@gmail.com
© IGIRE.rw since 2019. All Rights Reserved.
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?