Perezida Kagame yakiriye intumwa ya mugenzi we Alassane Ouattara wa Côte d’Ivoire

igire

Fidele Sarassoro intumwa ya Côte d
Fidele Sarassoro intumwa ya Côte d’Ivoire

Village Urugwiro yatangaje ko Fidele usanzwe ari n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Côte d’Ivoire, yashyikirije Perezida Kagame ubutumwa bwa mugenzi Alassane Ouattara.

Graça Machel wabaye umugore w
Graça Machel wabaye umugore w’umukuru w’igihugu muri Afurika y’Epfo, Nelson Mandela.

Kuri uwo munsi kandi Umukuru w’Igihugu yakiriye muri Village Urugwiro, Ellen Johnson Sirleaf wahoze ari Perezida wa Liberiya, Graça Machel wabaye umugore w’umukuru w’igihugu muri Afurika y’Epfo, Nelson Mandela.

Ellen Johnson Sirleaf wahoze ari Perezida wa Liberiya
Ellen Johnson Sirleaf wahoze ari Perezida wa Liberiya

Perezida Kagame yakiriye kandi na Leymah Gbowee wahawe igihembo cyitiriwe Nobel cy’Amahoro. Bose baje mu Rwanda mu nama ya Women Deliver.

Umunyaliberiyakazi Leymah Gbowee wahawe igihembo cy
Umunyaliberiyakazi Leymah Gbowee wahawe igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel

Iyi nama ya Women Deliver 2023 yajemo abantu bagera ku bihumbi bitandatu (6000) bavuye hirya no hino ku isi, ni iya mbere ibereye ku mugabane w’Afurika.

Share This Article