Abantu bagera ku 50,000 bakomeje kuburirwa irengero muri Venezuwela.
Mu gihe hashize icyumweru kimwe habaye imitingito ibiri ikomeye yibasiye Venezuela, ibikorwa…
Gen. Muhoozi yashyize mu bikorwa ibyo yari yavuze, afunga ibitangazamakuru bikomeye muri Uganda
Nyuma y’iminsi mike Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, atangaje…
Urugomero rwa Nyabarongo II rugeze kuri 73,1% ruzuzura
Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe ingufu REG igaragaza ko hatagize igihinduka, intego yo kuzuza…
U Rwanda na Congo bimaze gushyira mu bikorwa 35% by’ibyo byiyemeje mu masezerano
Raporo nshya y’Urwego rwigenga rukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’amahoro muri Afurika,…
Igenamigambi ribi ryadindije umushinga w’amazi meza i Nyagatare
Igenamigambi rititaye ku kibazo cy’imvura nyinshi yagwaga mu Karere ka Nyagatare no…
Itsinda rya Handala ryo muri Iran ryigambye ko rifite amakuru n’amafoto byafashwe na drones za FBI.
Itsinda ry’abinjira mu buryo butemewe muri sisitemu za mudasobwa bo muri Iran…
Imodoka zidafite abashoferi zigiye gutangira kugeragezwa mu mihanda ya Portugal.
Guhera muri Nyakanga uyu mwaka wa 2026 , Portugal izemerera kugerageza imodoka…
Guverinoma ya Niger yashyizeho itegeko rishya rihana ubutinganyi.
Niger yashyize mu bikorwa igitabo gishya cy’amategeko ahana ibyaha gihana ibikorwa by’ubutinganyi…
John Healey yeguye ku mwanya wa Minisitiri w’Ingabo w’u Bwongereza.
John Healey yatangaje ko yeguye ku mwanya wa Minisitiri w’Ingabo (Defence Secretary),…
Thierry Henry yitiriwe izina ry’umuhanda i New York .
Umunyabigwi w’ikipe ya Arsenal, Thierry Henry, yahawe icyubahiro cyo kwitirirwa umuhanda mu…
