Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Justin Nsengiyumva, yasabye ibihugu bya Afurika kongera imbaraga mu guteza imbere serivisi z’amazi, isuku n’isukura, ashimangira ko imibare y’abaturage bataragerwaho…
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi MINAGRI yashyize hanze amabwiriza agenga ibiciro by’inyongeramusaruro birimo ifumbire n’imbuto aho bigaragara ko byiyongereye ugereranyije n’iby’umwaka ushize. Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworizi Dr Ndabamenye…
Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah yasabye urubyiruko kwirinda kuyobywa n’abitwikira ubuhanuzi bakabatuburira ndetse bakanabatesha umwanya bagakoresheje biteza imbere bakawujyana mu buvumo…
Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro, (RRA) cyatangaje ko mu mwaka w’isoresha wa 2025/2026 cyakusanyije tiriyali 3,9 z’amafaranga y’u Rwanda z’imisoro, akaba yaragezweho ku rugero rwa 104%, ugereranyije…
Abantu bane bamaze gutabwa muri yombi bakekwaho kugira uruhare mu gutema Umuyobozi w’Urwunge rw’Amashuri rwa Sholi ruherereye mu Murenge wa Cyeza, Akarere kaMuhanga watemwe mu…
Urwego Rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB) rwatangaje ko rwafunze by’agateganyo hoteli enye zirimo iyo mu Mujyi wa kigali n’izindi zo mu ntara kubera gutanga serivisi…
Ubwo yaganiraga n’abanyamakuru bitabiriye amahugurwa ku ngengo y’imari ya Leta, kuri uyu wa Gatatu Karinganire Peter, akaba ari impuguke mu bukungu, yabibukije ko umunyamakuru wumwuga…
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje ko urwego rw’ubukerarugendo rwinjirije u Rwanda, milayiri 997 z’amafaranga y’u Rwanda (Miliyoni 685 z’amadolari z’Amerika) mu 2025, avuye kuri miliyari…
Abaharanira uburenganzira bw’inyamaswa muri Afurika y’Epfo basabye urukiko gutegeka ko inzovu eshatu…
Mu gihe kitageze ku munsi umwe, abantu bagera ku 50,000 baturutse muri Maroc binjiye mu…
Guverinoma ya Afurika y’Epfo yatangaje ko imaze kwirukana cyangwa gusubiza mu bihugu byabo abanyamahanga barenga…
Uwahoze ari umukinnyi wa Basketball muri NBA, Kris Humphries, wahoze ari umugabo wa Kim Kardashian…
Umukinnyi wa mbere ku rutonde rw'Isi muri Tennis, Jannik Sinner w'u Butaliyani, yongeye kwandika amateka…
Mu gihe kitageze ku munsi umwe, abantu bagera ku 50,000 baturutse muri Maroc binjiye mu mujyi wa Ceuta, agace ka Espagne gaherereye ku mugabane wa Afurika, mu gikorwa cyateje impagarara zikomeye ndetse kigahitana ubuzima bw'abantu nibura 34. Uyu mubare w'abinjiye…
Abaharanira uburenganzira bw’inyamaswa muri Afurika y’Epfo basabye urukiko gutegeka ko inzovu eshatu zisigaye zororerwa muri Pariki ya Johannesburg Zoo zimurirwa mu gace kagenwe ko kuzisubiza…
Nyuma y’amasaha make Roberto Martinez atangaje ko avuye ku mirimo ye nyuma…
Umunyabigwi w’ikipe ya Arsenal, Thierry Henry, yahawe icyubahiro cyo kwitirirwa umuhanda mu…
Umuhanzikazi w'icyamamare mu njyana ya Country, Shania Twain, yatangaje ko yakuriye mu rugo rwarangwagamo urugomo rukabije, aho we na bashiki be bakubitwaga ndetse rimwe na…
Sign in to your account